Abahanzi nyarwanda bashimishije abakunzi babo mu gitaramo bahuriye mo n'icyamamare La Fouine
Igitaramo kiri mu byari bitegerejwe na benshi muri iyi mpeshyi kitabiriwe, aho kuva ku isaha ya saa 18:00 abantu wabonaga batangiye kwiyongera muri Car Freezone ahantu hamaze kumenyerwa mu kwakira ibirori n’ibindi bikorwa bigari.